Posts

Showing posts from December, 2021

Umuyobozi wa FACEBOOK yavuze ko ntamuntu uzongera kuyikoresha kubuntu

Image
Umuyobozi   wa Kompanyi y’ikoranabuhanga META ifite urubuga rwa Facebook munshingano bwana Mark Zuckerberg abinyujije kurukuta rwe rwa Tuwita yagize ati ”Say goodbye to free mode on 12 January 2022.We have located many children under the age of 13 on Facebook recently,and many of them are from Africa.Only data mode will be available”. Ugenekereje mukinyarwanda yagize ati” Guhera 12 Mutarama 2022,nugusezera uburyo bwo gukoresha facebook k’ubuntu.Twabonye hari abana benshi bari munsi y’imyaka 13 bakoresha facebook muri iki gihe,kandi abenshi muribo baturuka muri Africa.Uburyo bwo kwishyura n’ibwo buzasigara bukora bwonyine’’. Ubusanzwe urubuga rwa Facebook n’urubuga nkoranyambaga rufasha abantu guhererekanya amakuru,amafoto,amashusho,kunyuzaho ibiganiro,kwamamarizaho ibicuruzwa cg bizinesi zitandukanye n’ibindi. Uru rubuga ruri mumbuga nkoranyambaga zisurwa cyane aho nibura buri munsi rusurwa n’abantu basaga miriyaridi 1.93(  1.93 billion daily ).Gusa uru rubuga mumategeko n’amabwi

Rubavu ikarita y'uwakingiwe Covid 19 iragurishwa amafaranga 1000Rwf

Image
Polisi y’Urwanda ikorera mu Karere ka Rubavu yerekanye umugabo witwa HAVUGIMANA Samuel,ukomoka mu Murenge wa Bugeshi ucyekwaho gukoresha impapuro mpimbano aho yafatannye icyangombwa cy’igihimbano cyerekana ko yakingiwe Covid-19. Uyu mugabo Polisi yamufashe kuri Noheri ariko yamwerekanye   tariki 26/12/2021.Iki cyangombwa gihimbano yakifashishaga   kugira ngo abashe gutaha ubukwe butandukanye yabaga yatumiwe mo. Urebye kuri iyi karita usanga urukingo rwa mbere yararuhawe kuwa 01/09/2021 urwa kabiri akaruhabwa kuwa 15/09/2021. Izi nkingo zombi bigaragara ko ari inkingo zomubwoko bwa Phizer ariko ukuntu izina ry’uru rukingo ryanditse kuri iyi karita byateraga abantu urujijo bakibaza ukuntu umuganga wanditse iyo karita atazi kwandika neza nkuko bikwiye izina rigaragaza urukingo umuntu yahawe. Uyu mugabo usanzwe ukora akazi kuburezi,na we ubwe yemera icyaha cy’uko yakoreshaga ikarita yerekana ko yikingije kandi atari byo. Gusa yavuzeko iyi karita atariwe wayikoze maze abwira itangazamak

Ibimenyetso bizakwereka ko umuhungu mukundana akiri Imanzi.

Image
Nikenshi abakobwa bakunda kwibaza n’iba bashobora kumenya ko umuhungu akiri imanzi. Urebye imiterere y’igitsina cy’umukobwa abahungu benshi bahuriza kukuba byoroshye kumenya ko umukobwa ari isugi kurusha uko wamenya ko umuhungu ari imanzi.Imanzi ni umusore utarakora imibonano mpuza bitsina,naho isugi nayo aba ari umukobwa utarakoraho imibonano mpuzabitsina. Kimwe mu bimenyetso abahungu bagenderaho ngo bamenye ko umukobwa ari isugi,ni uko baba batekereza ko igitsina(Igituba) cye KIVA AMARASO IYO akoze imibonano mpuza bitsina kuko akarinda busugi gahita gacika kubera igitsina cy’umugabo kiba kinjiyemo. Nubwo mubyukuri iki ataricyo kimenyetso cyonyine kigaragaza umukobwa w’isugi,ariko nicyo abahungu cg abasore baba bategereje kureba ko kiba ngo bahite bamenya ko umukobwa bahuje ibitsina yari akiri isugi cg yatakaje ubusugi. Umusore ntakarindabumanzi agira nkunko umukobwa utarahuza ibitsina agira akarindabusugi. Kuba umuhungu nt’akarindabumanzi agira, bituma umukobwa utabizi adashobo

Umukecuru w’imyaka 87 wari wapfuye,yazutse arimo kuvuga indimi nshya.

Image
Hari inkuru yasakaye y’umukecuru ufite imyaka mirongo inani n’irindwi wapfuye ubwo yari arimo kumva ubutumwa kuri radiyo akaza kuzuka arimo kuvuga indimi nshya. Uyu mukecuru yitwa ALICE OLABANJI wo muri reta ya Ogun mugace ka Itele mu gihugu cya Nigeriya. Ibi byabaye ubwo uyu mukecuru yararimo akurikirana ubutumwa bw’ijambo ry’Imana kuri radiyo y’itorero DEEPER LIFE BIBLE CHURCH muri Nigeriya,ubwo umuyobozi wiri torero Dr Pastor W.F Kumuyi yarimo yigisha mu giterane mpuzamahanga kiri kubera I Lagos cyahawe insanganya matsiko igira iti’’ THE GREAT MIRACLE EXPLOSION’’,’’KWIGARAGAZA GUKOMEYE KWIBITANGAZA’’. Iki giterane  cyaratangiye kuwa 21 kugeza kuwa 26/12/2021. Ubwo rero uyu mukecuru yakurikiranaga iki giterane kumunsi wa mbere wacyo kuri radiyo yari irimo gucaho ubutumwa bwa Pastor Kumuyi bwasemuwe mururimi rw’Ikiyoroba rukoresha muri Nijeriya,yari arikumwe n’undi mukobwa usengera mu itorero DEEPER LIFE we wari uri gukurikira ubutumwa mucyongereza kuri tereviziyo. Byaje kuger

Ubusobanuro 10 bw'ibanze kunzozi zo kurota urupfu muburyo butandukanye

Image
Hari inzozi turota hanyuma twakicura ugasanga twifuza kungera gusinzira kugirango twigumire muri uwo munyenga w’inzozi, ariko iyo bigeze kukurota twapfuye ntanumwe ushobora kwifuza kongera gusinzira ahubwo   usenga buce ngo buke vuba ukavuga ko wagize inzozi mbi. Ugerageza kwiyibagiza ibyakubayeho cyangwa ugashaka gusobanukirwa icyo ibyo warose byaba bihishura.Birushaho kuba bibi iyo urose ari wowe wapfuye cyangwa incuti yawe,umwana wawe,cg undi muntu uzi mufitanye isano rya hafi cg uwo usanzwe uzi bizanzwe. Gusa ntampamvu yo guhangayika kuko izi nzozi zijyanye n’urupfu ntaho zihuriye no gupfa. KURIKIRA VIDEO IBISOBANURA Urupfu munzozi rusobanura impinduka cyangwa kurangira kw’ibintu . Urupfu munzozi rusobanura impinduka cyangwa kurangira kw’ibintu nkuko umuhanga mubyo gusobanura inzozi Lauri Quinn Loewenberg yabisobanuye.Yagize ati"subconscious" Ni agace gato k’ubwonko bw'umuntu gashinzwe kugenzura imitekereze yacu. Aka gace kagira uruhare runini kugirango turot

SOBANUKIRWA UPI:Imibare yanditse kucyangobwa cy'ubutaka.

Image
  UPI ni impine y’amagambo y’icyongereza ivuga Unique Parcel Identifier, ikaba ari imibare igaragara ku byangombwa by’ubutaka igizwe na kode (codes) zibitse amakuru y’aho ubutaka buherereye ndetse na nimero iranga ubwo bukata. Dufate urugero  1/04/05/06/12345  uru rugero dutanze nta kibanza na kimwe ruhagarariye ariko rurerekana neza uko UPI iba imeze. UPI iba igizwe n’imibare iri mu byiciro bitanu aho buri cyiciro kiba gifite ibyo gihagarariye. Ubu akaba ari bwo buryo system (LAND ADMINISTRATION INFORMATION SYSTEM = LAIS) ibitse amakuru yose y’ubutaka ikoresha mu gutandukanya ubutaka bitewe n’aho buherereye.  Ibibanza bishobora kugira nimero zisa ariko biri ahantu hatandukanye; ushobora gusanga ufite nimero imwe n’undi muntu ariko muri mu tugari dutandukanye. Ni ukuvuga ngo buri ntara igira nimero yihariye iyiranga (1 ni Umujyi wa Kigali, 2 ni Intara y'Amajyepfo, 3 ni Intara y'Iburengerazuba, 4 ni Intara y'Amajyaruguru, 5 Ikaba Intara y' Iburasirazuba) naho Uturere d

Dore impamvu imyanya y’ibanga y’abagore n'abakobwa yirabura

Image
Kwirabura  kw’imyanya y'ibanga ku bagore n'ibintu rusange.Nubwo bikomeza kubera urujijo abantu benshi impamvu yaba ibitera, bigahura nuko usanga kuganira n’ibyerekeye imyanya y'ibanga muri rusange biguma kuba nkaho ari kirazira. Kwirabura kw’imyanya y'ibanga y'abagore ahanini biterwa n’ubuzima babamo bwa buri munsi.Tutavuze mumaha ,kukibuno mumayasha ,niba uri igitsina gore ukaba warigeze wibaza impamvu ubona igitsina cyawe cyirabura kabone niyo waba uri inzobe ,Menya  ibi bikurikira Dore impamvu 5 zituma imyanya y’ibanga y’abagore yirabura 1.Gukubana Ikintu cya mbere kandi gihurirwaho m’uburyo buri rusange mugutuma imyanya y’ibanga y’abagore yirabura nugukubana ko hagati y’amaguru igihe atambuka. Ikindi kimwe,nuko bishobora guterwa n’imyenda y’imbere bambara kandi ikaba ibafashe cyane bikahabuza kugera umwuka uhagije. 2.Imisemburo Imiseburo y’umubiri w’umugore cyane cyane mugihe ageze mubihe byubwangavu nayo iri mubituma imyanya yabo y’ibanga yirabura, nkuk