Umuyobozi wa FACEBOOK yavuze ko ntamuntu uzongera kuyikoresha kubuntu


Umuyobozi  wa Kompanyi y’ikoranabuhanga META ifite urubuga rwa Facebook munshingano bwana Mark Zuckerberg abinyujije kurukuta rwe rwa Tuwita yagize ati ”Say goodbye to free mode on 12 January 2022.We have located many children under the age of 13 on Facebook recently,and many of them are from Africa.Only data mode will be available”.



Ugenekereje mukinyarwanda yagize ati” Guhera 12 Mutarama 2022,nugusezera uburyo bwo gukoresha facebook k’ubuntu.Twabonye hari abana benshi bari munsi y’imyaka 13 bakoresha facebook muri iki gihe,kandi abenshi muribo baturuka muri Africa.Uburyo bwo kwishyura n’ibwo buzasigara bukora bwonyine’’.

Ubusanzwe urubuga rwa Facebook n’urubuga nkoranyambaga rufasha abantu guhererekanya amakuru,amafoto,amashusho,kunyuzaho ibiganiro,kwamamarizaho ibicuruzwa cg bizinesi zitandukanye n’ibindi.

Uru rubuga ruri mumbuga nkoranyambaga zisurwa cyane aho nibura buri munsi rusurwa n’abantu basaga miriyaridi 1.93( 1.93 billion daily).Gusa uru rubuga mumategeko n’amabwiriza rugenderaho harimo ko bibujijwe y’uko umwana uri munsi y’imyaka 13 akoresha facebook.

Umwana uri munsi y’imyaka 13 ntago yemerewe gufunguza konti kuri uru rubuga cg ngo hagire utanga amakuru atariyo mugufunguza konti ngo ayiyitirire kandi arimo kuyifunguriza umwana uri munsi y’imyaka 13.

Uru rubuga rwari rusanzwe rufite uburyo umuntu akoresha bitamusabye kuba afiteho amamegabayiti(Mb) agakoresha ibyitwa Free Mode.Washoboraga kuba unafiteho mega,ariko zashira ugakomeza gukoresha facebook kubuntu uretse ko ubu buryo utabukoresha urebaho amafoto cg amashusho.

Nubwo Mark Zuckerberg ntabyinshi yatangaje kungingo yo gukuraho ubu buryo bwo gukoresha facebook kubuntu,nkuko twabigarutse ho hejuru yagaragaje ko ari uko hari abana bari munsi y’imyaka 13 abenshi bagaragara k’umugabane wa Africa bakoresha facebook kandi batabyemerewe.

Bitekerezwa ko aba bana aribo bakoreshaga ubu buryo bw’Ubuntu(Free Mode)Kuko badakorera amafaranga ngo babe bagura ama mega(Mb).

IZINDI NKURU WASOMA

1.Niryari umugabo cg umusore akwiye kuvuga ko afite igitsina gito cg kinini?

2.Umukobwa mukundana,ntazigera akubwiza ukuri kuri izi ngingo esheshatu.

3.Bwana NTAWIHEBA yabwiye ukuri ubuyobozi ko adateze kuzikingiza Covid 19

4.Uburyo ubumara bw'inzoka buvamo imiti ituvura indwara zikomeye

5.Ibimenyetso 8 bigaragaza umukobwa ukiri isugi n'uwo byarangiye urebeye inyuma



KURIKIRA IBI BIGANIRO MUBURYO BWAMASHUSHO

1.Mugihe uri mumihango ujye ufata aya mafunguro

2.AMAFUNGURO 10 umugore utwite agomba kwirinda kurya

3.Gupima inda ukoresheje Korogati cg Isukari

4.Gukora imibonano mpuzabitsina uri mu mihango hari icyo bitwaye ?

5.Icyo Kurota wambaye ubusa bisobanura 

 



  


Comments

Popular posts from this blog

Uburyo bwo kwivura imitsi yipfunditse ukoresheje tungurusumu,n'urunyanya

Impamvu enye nyamukuru zituma umuntu apfa ari mugikorwa cyo gutera akabariro

Umusore yakubiswe bikomeye nyuma yokwica umukunzi we akamuhamba muri geto ye