Impamvu enye nyamukuru zituma umuntu apfa ari mugikorwa cyo gutera akabariro


Ntago ari ubwambere wumvise ko hari umuntu cg abantu barenze umwe bapfuye bari mugikorwa cyo guhuza ibi-na.

Niyo mpamvu twagerageje gushakashaka munyandiko zo kuri murandasi twifashishije urubuga webmd/Wikipedia n’ahandi maze tubategurira ikiganiro kigaruka kumpamvu ziza ku isonga zituma umuntu ashobora gupfa ari mugikorwa cyo guhuza ibi-na.

Urupfu nkuru rushobora kubaho mugihe cy’imibonano mpuzabitsina kubwimpamvu zitari nke. Mubisanzwe ibi bishobora kubaho kubera ibibazo by’uburwayi bw’umubiri umuntu asanganywe cyangwa bigaterwa n’impamvu zidasanzwe.

Urupfu nkuru abasizi b’abafaransa barwise “la mort d'amour

Reka turebere hamwe zimwe mumpamvu  zitandukanye zishobora gutera urupfu mugihe cy’imibonano mpuza bit-ina.

1.Uburwayi bwa  Embolism

Embolism ni igihe habyeho kwifunga kw’imitsi ijyana amaraso m’umubiri bitewe no kuvura kw’amaraso cg kuzana utuntu tumeze nk’utubiye(utubumbe) cg udushaza duto doto mumaraso.

Iyo habayeho iki kibazo gituma amaraso adatembera mubice by’umubiri neza. Iyo amaraso adatembera neza mu mubiri habaho ibura ry’umwuka mwiza wa Ogusijene(Oxygen).

Kubura k’umwuka wa Ogusijene mubice by’umubiri biteza ikibazo gikomeye cyane gishobora no kuyobora k’urupfu. Mugihe rero umuntu akoze imibonano afite iki kibazo ashobora gupfira muri iki gikorwa azize kubura umwuka wa Ogusijene mubice bitandukanye by’umubiri cyane cyane m’ubwonko.

2.Uburwayi bw’umutima.

Uburwayi bw’umutima buri mubutera urupfu abantu benshi.

No mugihe k’imibonano uburwayi bw’umutima bushobora gutuma uburwaye apfa mugihe arimo gukora imibonano. Muri iki gikorwa hari igihe habaho gukoresha icyo umuntu yakwita ubushake bwinshi bigatuma habaho kwahagira cg kubira ibyuya.

Ibi bishobora gutuma umutima utera cyane kurusha uko wateraga mu rwego rwo gusakaza amaraso n’umwuka wa Ogusijene uhagije mubice binyuranye by’umubiri. Ibi bishobora gutuma udutsi dutoduto two m’ubwonko duturika maze umuntu agapfa.

Ikindi ni uko umuntu ashobora kwicwa n’ihagarara ryo gutera k’umutima bitewe n’ubundi burwayi usanganywe bwo kugira intege nke zo gutera buke k’umutima.

3.Uburwayi bufata mumyanya y’ubuhumekero

Uburwayi bufata mu myanya y’ubuhumekero nabwo bwiyongera kuri bimwe bishobora gutuma umuntu apfa ari gukora imibonano. Ibi biterwa n’uko akenshi ubu burwayi bugabanya ubudahangarwa rw’inzira z’ubuhumekero.

Ibi biyobora kukugira ikibazo cyo guhumeka biruhanije,k’uburyo umuntu ashobora gukora imibonano agapfa bitewe no kubura uburyo bwo guhumeka umwuka uhagije muri ikigikorwa.

4.Gukoresha ibiyobyabwenge birimo nka Kokayine.

Mugutegura iki kiganiro twagerageje kureba bumwe m’uburyo bw’umvikana neza m’ururimi rw’Ikinyarwanda.

Ushaka kubisoma muburyo burushijeho gusobanuka neza m’ururimi rw’icyongereza kanda hano.Ntago ari ubwambere wumvise ko hari umuntu cg abantu barenze umwe bapfuye bari mugikorwa cyo guhuza ibi-na.

Niyo mpamvu twagerageje gushakashaka munyandiko zo kuri murandasi twifashishije urubuga webmd/Wikipedia n’ahandi maze tubategurira ikiganiro kigaruka kumpamvu ziza ku isonga zituma umuntu ashobora gupfa ari mugikorwa cyo guhuza ibi-na.

Urupfu nkuru rushobora kubaho mugihe cy’imibonano mpuzabitsina kubwimpamvu zitari nke. Mubisanzwe ibi bishobora kubaho kubera ibibazo by’uburwayi bw’umubiri umuntu asanganywe cyangwa bigaterwa n’impamvu zidasanzwe.

Urupfu nkuru abasizi b’abafaransa barwise “la mort d'amour

Reka turebere hamwe zimwe mumpamvu  zitandukanye zishobora gutera urupfu mugihe cy’imibonano mpuza bit-ina.

1.Uburwayi bwa  Embolism

Embolism ni igihe habyeho kwifunga kw’imitsi ijyana amaraso m’umubiri bitewe no kuvura kw’amaraso cg kuzana utuntu tumeze nk’utubiye(utubumbe) cg udushaza duto doto mumaraso.

Iyo habayeho iki kibazo gituma amaraso adatembera mubice by’umubiri neza. Iyo amaraso adatembera neza mu mubiri habaho ibura ry’umwuka mwiza wa Ogusijene(Oxygen).

Kubura k’umwuka wa Ogusijene mubice by’umubiri biteza ikibazo gikomeye cyane gishobora no kuyobora k’urupfu. Mugihe rero umuntu akoze imibonano afite iki kibazo ashobora gupfira muri iki gikorwa azize kubura umwuka wa Ogusijene mubice bitandukanye by’umubiri cyane cyane m’ubwonko.

2.Uburwayi bw’umutima.

Uburwayi bw’umutima buri mubutera urupfu abantu benshi.

No mugihe k’imibonano uburwayi bw’umutima bushobora gutuma uburwaye apfa mugihe arimo gukora imibonano. Muri iki gikorwa hari igihe habaho gukoresha icyo umuntu yakwita ubushake bwinshi bigatuma habaho kwahagira cg kubira ibyuya.

Ibi bishobora gutuma umutima utera cyane kurusha uko wateraga mu rwego rwo gusakaza amaraso n’umwuka wa Ogusijene uhagije mubice binyuranye by’umubiri. Ibi bishobora gutuma udutsi dutoduto two m’ubwonko duturika maze umuntu agapfa.

Ikindi ni uko umuntu ashobora kwicwa n’ihagarara ryo gutera k’umutima bitewe n’ubundi burwayi usanganywe bwo kugira intege nke zo gutera buke k’umutima.

3.Uburwayi bufata mumyanya y’ubuhumekero

Uburwayi bufata mu myanya y’ubuhumekero nabwo bwiyongera kuri bimwe bishobora gutuma umuntu apfa ari gukora imibonano. Ibi biterwa n’uko akenshi ubu burwayi bugabanya ubudahangarwa rw’inzira z’ubuhumekero.

Ibi biyobora kukugira ikibazo cyo guhumeka biruhanije,k’uburyo umuntu ashobora gukora imibonano agapfa bitewe no kubura uburyo bwo guhumeka umwuka uhagije muri ikigikorwa.

4.Gukoresha ibiyobyabwenge birimo nka Kokayine.

Mugutegura iki kiganiro twagerageje kureba bumwe m’uburyo bw’umvikana neza m’ururimi rw’Ikinyarwanda.

Ushaka kubisoma muburyo burushijeho gusobanuka neza m’ururimi rw’icyongereza kanda hano.Ntago ari ubwambere wumvise ko hari umuntu cg abantu barenze umwe bapfuye bari mugikorwa cyo guhuza ibi-na.

Niyo mpamvu twagerageje gushakashaka munyandiko zo kuri murandasi twifashishije urubuga webmd/Wikipedia n’ahandi maze tubategurira ikiganiro kigaruka kumpamvu ziza ku isonga zituma umuntu ashobora gupfa ari mugikorwa cyo guhuza ibi-na.

Urupfu nkuru rushobora kubaho mugihe cy’imibonano mpuzabitsina kubwimpamvu zitari nke. Mubisanzwe ibi bishobora kubaho kubera ibibazo by’uburwayi bw’umubiri umuntu asanganywe cyangwa bigaterwa n’impamvu zidasanzwe.

Urupfu nkuru abasizi b’abafaransa barwise “la mort d'amour

Reka turebere hamwe zimwe mumpamvu  zitandukanye zishobora gutera urupfu mugihe cy’imibonano mpuza bit-ina.

1.Uburwayi bwa  Embolism

Embolism ni igihe habyeho kwifunga kw’imitsi ijyana amaraso m’umubiri bitewe no kuvura kw’amaraso cg kuzana utuntu tumeze nk’utubiye(utubumbe) cg udushaza duto doto mumaraso.

Iyo habayeho iki kibazo gituma amaraso adatembera mubice by’umubiri neza. Iyo amaraso adatembera neza mu mubiri habaho ibura ry’umwuka mwiza wa Ogusijene(Oxygen).

Kubura k’umwuka wa Ogusijene mubice by’umubiri biteza ikibazo gikomeye cyane gishobora no kuyobora k’urupfu. Mugihe rero umuntu akoze imibonano afite iki kibazo ashobora gupfira muri iki gikorwa azize kubura umwuka wa Ogusijene mubice bitandukanye by’umubiri cyane cyane m’ubwonko.

2.Uburwayi bw’umutima.

Uburwayi bw’umutima buri mubutera urupfu abantu benshi.

No mugihe k’imibonano uburwayi bw’umutima bushobora gutuma uburwaye apfa mugihe arimo gukora imibonano. Muri iki gikorwa hari igihe habaho gukoresha icyo umuntu yakwita ubushake bwinshi bigatuma habaho kwahagira cg kubira ibyuya.

Ibi bishobora gutuma umutima utera cyane kurusha uko wateraga mu rwego rwo gusakaza amaraso n’umwuka wa Ogusijene uhagije mubice binyuranye by’umubiri. Ibi bishobora gutuma udutsi dutoduto two m’ubwonko duturika maze umuntu agapfa.

Ikindi ni uko umuntu ashobora kwicwa n’ihagarara ryo gutera k’umutima bitewe n’ubundi burwayi usanganywe bwo kugira intege nke zo gutera buke k’umutima.

3.Uburwayi bufata mumyanya y’ubuhumekero

Uburwayi bufata mu myanya y’ubuhumekero nabwo bwiyongera kuri bimwe bishobora gutuma umuntu apfa ari gukora imibonano. Ibi biterwa n’uko akenshi ubu burwayi bugabanya ubudahangarwa rw’inzira z’ubuhumekero.

Ibi biyobora kukugira ikibazo cyo guhumeka biruhanije,k’uburyo umuntu ashobora gukora imibonano agapfa bitewe no kubura uburyo bwo guhumeka umwuka uhagije muri ikigikorwa.

4.Gukoresha ibiyobyabwenge birimo nka Kokayine.

Mugutegura iki kiganiro twagerageje kureba bumwe m’uburyo bw’umvikana neza m’ururimi rw’Ikinyarwanda.

Ushaka kubisoma muburyo burushijeho gusobanuka neza m’ururimi rw’icyongereza kanda hano.

Comments

Post a Comment

Popular posts from this blog

Uburyo bwo kwivura imitsi yipfunditse ukoresheje tungurusumu,n'urunyanya

Umusore yakubiswe bikomeye nyuma yokwica umukunzi we akamuhamba muri geto ye