Ibimenyetso bizakwereka ko umuhungu mukundana akiri Imanzi.

Nikenshi abakobwa bakunda kwibaza n’iba bashobora kumenya ko umuhungu akiri imanzi.

Urebye imiterere y’igitsina cy’umukobwa abahungu benshi bahuriza kukuba byoroshye kumenya ko umukobwa ari isugi kurusha uko wamenya ko umuhungu ari imanzi.Imanzi ni umusore utarakora imibonano mpuza bitsina,naho isugi nayo aba ari umukobwa utarakoraho imibonano mpuzabitsina.

Kimwe mu bimenyetso abahungu bagenderaho ngo bamenye ko umukobwa ari isugi,ni uko baba batekereza ko igitsina(Igituba) cye KIVA AMARASO IYO akoze imibonano mpuza bitsina kuko akarinda busugi gahita gacika kubera igitsina cy’umugabo kiba kinjiyemo. Nubwo mubyukuri iki ataricyo kimenyetso cyonyine kigaragaza umukobwa w’isugi,ariko nicyo abahungu cg abasore baba bategereje kureba ko kiba ngo bahite bamenya ko umukobwa bahuje ibitsina yari akiri isugi cg yatakaje ubusugi.

Umusore ntakarindabumanzi agira nkunko umukobwa utarahuza ibitsina agira akarindabusugi.

Kuba umuhungu nt’akarindabumanzi agira, bituma umukobwa utabizi adashobora kumenya niba umuhungu bagiye cg baryamanye ari Imanzi. Nubwo bigoye kumenya ko umuhungu ari Imanzi,hari ibimenyetso simusiga byakubwira wowe mukobwa ko umuhungu ari imanzi.

Ibi bimenyetso birimo uburyo buburi.

Uburyo bwambere n’ibimenyetso byakwereka Imanzi,mutararyamana hanyuma uburyo bwa kabiri bugizwe n’ibimenyetso wareberaho mugihe mwaba mugiye guhuza ibitsina,ukamenya ko umuhungu yari akiri imanzi cg atariyo.

A.IBIMENYETSO BIGARAGARA INYUMA BIKUBWIRA KO UMUHUNGU AKIRI IMANZI

1.Umuhungu ukiri imanzi ntago akunda guhoberana.

Guhoberana n’ibintu bisanzwe.Byumwihariko mu muco w’abanyarwanda usanga guhoberana ari ibintu bigaragaza ko umuntu uri kugusuhuza agufitiye urukumbuzi cg urugwiro.

Nubwo bimeze bitya umuhungu w’imanzi ntago we ari uku abifata. Usanga byorohera umuhungu w’imanzi guhobera abahungu bagenzi be cg abantu bakuru nk’abamama baba badaherukanye ariko bimubera ihurizo rikomeye guhobera abakobwa cg umukobwa bakundana.

Impamvu nuko aba yumva ko guhobera umukobwa bishobora gutuma amabere y’umukobwa amukora mubituza akumva bimubangamiye. Mugihe rero umukobwa aba yiteguye ko nahura n’umukunzi we ari bumuhobere usanga nyamusore we ahita yihuta kumuha intoki cg akaguhobera atakwiyegereje mbese ukabona ko atabikunze.

Nubona bimeze bitya,uzamenyeko uwo mukundana ashobora kuba akiri Imanzi.

2.Umusore w’imanzi usanga arangwa no kugira isoni iyo ari kumwe n’umukunzi we.

Mugihe uri kumwe n’umusore ukiri imanzi,usanga aba afite isoni kuburyo usanga umusore aba afite isoni kurusha izo umukobwa aba afite.Akenshi abakobwa b’amasugi bakunze kuba bihagazeho iyo bari kuganira n’abakunzi babo ukabona ntasoni bafite,kuko baba bumva biyizeye ko bizashimisha umukunzi we k’umunsi baryamanye agasanga akiri isugi ariwe babonanye ari bwo bwambe.

Umuhungu w’imanzi we,iyo arikumwe n’umukunzi we usanga aba ari gutekereza ati ubu chr wanjye atekereza iki ko ntaramukorera umuti(Ntarakora sex nawe).Akumva bimuteye isoni akumva yuko Atari umugabo. Sibi gusa kuko aba anumva ko umunsi nugera wo guhuza ibitsina bizamunanira bityo agaseba.

Ibi byose rero bimuhuriraho ugasanga arangwa n’amasoni menshi iyo ari kumwe n’umukobwa bakundana.

3.Umusore w’imanzi ntakunda ko umukobwa bakundana amusura.

Abasore batakaje ubumanzi bwabo,usanga bakunze gukunda gusurwa n’abakobwa,ariko k’umusore w’imanzi aba ari ishyano rimugwiririye iyo umukunzi we amusabye kumusura.

Akenshi ahita atangira kwibaza ati ubuse uyu mukobwa ushaka kuza kunsura arashaka iki? Arashaka ko turyamana?

Ubuse ntiyabonye ko ntacyo namukoreye akaba yizanye ngo murongore?

Oya ntago ndi bubikore turi bwicare hanze.

Ubuse ko ntanagakingirizo mfite ndakagura he,kagura angahe?

Abarabona umukobwa aje kunsura baravuga ko ntangiye kuba indaya!

Mbese ukumva ari kwibaza utubazo twinshi kandi wenda umukunzi we ntacyo yigeze atekereza ari ukuganira bimwe bisanzwe bya Gicuti.

4.Umusore w’imanzi akunda kuganira ibiganiro byerekeye ku mibonano mpuzabitsina(Sex chat/sex call)

Umusore ukiri Imanzi usanga akunda kuganira kubiganiro byerekeye imibonano mpuzabitsina hamwe n’umukunzi we. Ibi ashobora kubikora akoresheshe facebook,whatsapp Cg Akoresheje ubutumwa bugufi.

Nubwo abasore benshi bakunze gukesha ijoro bari muri ibi biganiro n’abo bakundana,usanga umusore utakiri Imanzi atabishyuha mo cyane kuko aba yarabikoze azi uko bimera,ugasanga we aba ashaka kubikura mumagambo akabishyira mubikorwa.

Usanga umusore wabikoze aba yihuta cyane ukumva ikiganiro kibaye kigufi.

Umusore w’imanzi we rero aratereta bimwe bikaze,akagenza make gake gake,kuburyo ikiganiro kiba kirekire kandi ukumva arimo kuvuga ibintu abikurikiranya neza k’umurongo nk’umuntu ubizi neza.Usanga atangirira muhuriye nkahantu ukamuherekeza cg mwasohokeye ahantu runaka mukaza kugera kugitanda utazi uko mwahageze.

Urumva rero ko iyo nzira aba ari nzira ndende kuva aho mwahuriye,aho mwaciye,ibyo mwabonye kugeza mugeze mugitanda.Usanga umusore utakiri Imanzi we ahita aganira vuba vuba agahita akugeza mugitanda ubundi akagusaba ko muzahura ngo mubikore. Ariko umusore w’imanzi we Iyo icyo kiganiro cya Sex chat kirangiye aragushimira akumva ibyo birahagije.

5.Abasore b’imanzi akenshi bakunze kuba bakora igikorwa cyo Kwikinisha.

Nubwo Atari abasore bose b’imanzi bikinisha,ariko abenshi bitewe nuko umubiri uba ubarya kandi batari bujye guhuza ibitsina,usanga bahitamo kwikinisha.

Usanga baba bafite imyumvire y’uko umuntu wikinisha atarwara Sida,ko aba ari ibanga rye bwite,ntawundi muntu ubizi ko abikora,kuba atatera inda kandi y’umvise uburyohe bwo guhuza ibitsina n’ibindi n’ibindi.

Nubwo Kwikinisha bitavugwaho rumwe,hari abemeza ko ari byiza kandi hari indwara birinda abanda bakemeza ko ari bibi ndetse bikabije.

B.IBIMENYETSO BIGARAGARA ARI UKO UMUSORE WIMANZI AGIYE GUKORA IMIBONANO MPUZABITSINA 

6.Umuhungu w’imanzi usanga ahuzagurika iyo mugiye gukora Imibonano mpuzabitsina.

Nkumuntu wese ugiye gukora igikorwa icyo ari cyo cyose,ntago agikora nk’umuntu usanzwe ubimenyereye. Usanga iyo agiye kurongora kwambara agakingirizo bimugora,ukabona arimo aragacurika akagacurikura,ugasanga kukazingurira kugitsina byamucanze.

Usanga aba atazi uburyo bukwiye bwo gukoresha agakingirizo,no kukambara neza.

7.Umuhungu w’imanzi ntago aba azi aho yinjiza igitsina cye iyo agiye kurongora.

Nubwo umuntu atavuga ko aba ahayobewe koko,ariko ahanini usanga yabuze aho ayinjiza.Ibi biterwa n’uko aba afite igihunga kinshi k’uburyo aba atizeye ko ari bushimishe umukobwa bagiye kubikorana.

Ikiyongera kuri ibi usanga umusore w’imanzi muri iki gikorwa cyo gutera akabariro bwa mbere igitsina cye gikunda kugwa vuba kandi akarangiza vuba kubera kugira vuba vuba ashaka kwemeza umukunzi we,no kurongora yihotagura vuba vuba.Mbese aba afite amashyushyu n’ ifemba ryinshi.

Iyi nkuru ntigamije gushishikariza abantu guhuza ibitsina mbere y’uko bashakana bagamije kureba ubumanzi cg ubusugi.Iyi ni inkuru nyigisho yo kumara amatsiko abatubajije iki kibazo. Bityo Ikiza n’uko umuntu yakifata ntakore sex atarashaka byamunanira akibuka kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse no kwirinda gutera cg gutwara inda itateguwe,hakoreshejwe agakingirizo n’ubundi buryo bwemewe n’amabwiriza yikigo gishinzwe ubuzima.

Abemera Imana murabizi cyane ko Gusambana ari Icyaha.

Uramutse ufite igitekerezo cg inyunganizi watwandikira unyuze mu mwanya wagenewe comment.Igitekerezo cyawe tuzagisoma kandi tugusubize.

Ushobora no guca hano ugakora subscribe kuri youtube channel yacu kugirango ujye ukurikira ibiganiro tuba twateguye muburyo bw’amashusho.Kanda hano 

IZINDI NKURU WASOMA

1.Niryari umugabo cg umusore akwiye kuvuga ko afite igitsina gito cg kinini?

2.Ibara ry’inkari wihagarika riba rivuze iki Ku Buzima Bwawe?

3.Nyuma yo gusambanira kuri Aritari ya Saint-Michel,umusore n'inkumi barashakishwa

4.Uburyo ubumara bw'inzoka buvamo imiti ituvura indwara zikomeye

5.Amabuno ateye neza y’umwarimu kazi i Musanze,arigutuma abanyeshuri yigisha bifuza kuryamana nawe.


KURIKIRA IBI BIGANIRO MUBURYO BWAMASHUSHO

1.Mugihe uri mumihango ujye ufata aya mafunguro

2.AMAFUNGURO 10 umugore utwite agomba kwirinda kurya

3.Gupima inda ukoresheje Korogati cg Isukari

4.Gukora imibonano mpuzabitsina uri mu mihango hari icyo bitwaye ?

5.Icyo Kurota wambaye ubusa bisobanura 

 


  

Comments

Popular posts from this blog

Uburyo bwo kwivura imitsi yipfunditse ukoresheje tungurusumu,n'urunyanya

Impamvu enye nyamukuru zituma umuntu apfa ari mugikorwa cyo gutera akabariro

Umusore yakubiswe bikomeye nyuma yokwica umukunzi we akamuhamba muri geto ye