Ibitekerezo 15 bibi kurusha ibindi,kw'ikanzu Miss w'u Rwanda yaserukanye muri miss wolrd
Ikinyamakuru Inyarwanda
cyagaragaje ko ikanzu Nyampinga INGABIRE Grace yari yaserukanye ihagaze agaciro
k’ibihumbi magana atanu by’amanyarwanda(500,000Rwf).
Nubwo iyi kanzu ihenze
bwose,abayibonye kumafoto no kuri video yashyizwe na nyirubwite kuri murandasi,bagiye
bayitangaho ibitekerezo bitandukanye ariko ibyinshi bikagaruka kukuba iyi kanzu
ari mbi ndetse ko iri mubyamuvukije amahirwe yo gukomeza ngo atsinde iri rushanwa.
1.Nicya rumbiya cg bimwe
bitaga kirimo umuziki.
2.Nimbi sinayijyana no
kwihisha.
3.Abamwambitse babikoze
baziko bamwambitse nabi,ibi sinzi uko nabyita.
4.Nugutanga ikirego
kubantu bamwambitse iyo kanzu.
5.Iyi kanzu mwagirango idoze muri byabitambaro kakoresha muri decoration.
6.Nibyabindi bavuga ngo y’amasaha
ni kibarabaswa,impamvu agurwa nuko yamamazwa gusa.
7.Habaho kuberwa
ntihabaho kwambara ibihenze.
8.Cyakora bamukoze,iyi
kanzu yari yamugize undi wundi,yari yamwambaye siwe wari wayambaye.
9.Hhhhhhhh,iyo n’ubwo
bayimpa ngo nyigire itorosho sinayemera pe
10.Uyu mu miss
bamwambitse nkugiye kurinda inyoni mubigori.
11.Iyi kanzu ashobora
kuba yarayidodewe na mukeba cyangwa Mukase.
12.Iyi kanzu sinayigura n’ibihumbi
10,000Rwf
13.Nigitehiteyi,birababaje
kabisa.
14.Iyi kanzu na nyogokuru
ntiyayambara pe
15.We kuki atihitiyemo
imubereye.
Ngibi bimwe mubitekerezo byatanzwe ku ikanzu miss w’u
Rwanda yari yaserukanye mu marushanywa y’ubwiza.
Uwitwa Iyv Dudu yagize ati’’Disi isi igeze ku musozo
koko! Umuntu arambara akikwiza agatukwa bigeze aha koko?? Ubwo kuko atanejeje
irari ryanyu mwasakuje koko! Mukunda abambaye ubusa burya?????.’’
Umu star rurangiranwa uzwi ku izina rya Shaddybo we yagize ati umuntu uri kwambika Miss wacu ,yivuge hakiri kare,narangiza adusabe imbabazi.
Hari n’abasabye Shaddybo kubamenyera aho uwambitse
Miss Grace aherereye bagira bati’’Rero wowe dufashe kumenya naho turahari
kugira ngo tuzamwereke ukuntu yaduhemukiye afata miss wacu akamwambika nk’uri
muri maternité’
Wowe utekereza iki kuri
iyi ngingo?
Duhe igitekerezo cyawe.Ushobora
no gukanda hano ugakora subscribe kugirango ujye ubona ibiganiro tubategurira
muburyo bw’amashusho ku muyoboro wa youtube ya Ingando online.Kanda hano
IZINDI NKURU WASOMA
1.Abagore 3 batawe muri yombi bazira gukoza isoni abashyitsi basuye Urwanda
2.Umumasayi yasize atekeye umutwe umukozi wa bank(loan officer) mbere yo kwerekeza mu mahanga.
3.Nyuma yo gusambanira kuri Aritari ya Saint-Michel,umusore n'inkumi barashakishwa
4.Uburyo ubumara bw'inzoka buvamo imiti ituvura indwara zikomeye
5.Amabuno ateye neza y’umwarimu kazi i Musanze,arigutuma abanyeshuri yigisha bifuza kuryamana nawe.
Ibindi biganiro wakurikira m'uburyo bw'amashusho
1.Kwipima inda,ukoresheje Isukari
2.Gupima inda ukoresheje korogati(Colgate)Birizewe nk'ibindi byose
3.Dore uko wakoresha umunyu ugapima ko utwite
Comments
Post a Comment