Abagabo bihanangirijwe kutongera kugushiriza imvura kubitanda bya Hoteri
Iyi Hoteri iri mumugi wa Ngozi izwi ku izina rya WINNER’S
HOTEL yamenyesheje abayiraramo bose kutonona matera baryamaho.Ibyo bikaba
byavuzwe n’abayobozi bayo aho bihanangirizaga abakiriya babyo kutangiza
ibiryamirwa.
Abayobozi ba WINNER’S HOTEL bavuze ko umuntu uzafatwa yaraye
kuri matora bugacya bigaragara ko yayononnye azajya acibwa amande y’ibihumbi Magana
abiri mu mafaranga y’i Burundi(200,000Fbu) cyangwa bakareba agaciro ka matora n’ibiryamirwa
y’angije akishyura amafaranga yabyo akabitahana,hanyuma bo bakagura ibindi
bishyashya.
Mu itangazo ubuyobozi bw’iyi hoteri bwashyize
ahabona,ntago bwagaragaje uburyo abakiriya bayo bangiza mo izo matora,ariko
bamwe mubasomwe iryo tangazo baketseko,biganisha ku bikorwa byo gusambana no
gucana inyuma bikorerwa mu mahoteri hanyuma abahasambaniye bagasiga matora za
hoteri zajandamye(zitose) bityo undi ukeneye gukoresha icyo cy’umba akabura uko
akiruhukiramo.
Mubitekerezo byanyujijwe kurubuga rwa Facebook kuri
iryo tangazo,abenshi bagaragaje ko iyo hoteri iraza guhomba bitewe nuko irimo
gukumira ubwisanzure bw’abakiriya.
Abandi bagize bati’’Abakiriya biyo hoteri bajye
bababira(Barongora)bahagaze hasi ntakonona matora zabandi!Abandi ntibasibye
kuvuga ko akazi kabananiye bagira bati bugare batahe akazi kabananiye nt’amafaranga
bagishaka.
Nubwo bimeze uku ntihabura nabatebya bakavuga bati
nyiri hoteri ntashyukwa niyo mpamvu atazi ibyo avuga.Abandi bati ntiwabuza
abantu kwigushiriza imvura.
None nkawe umaze gusoma iyi nkuru wagira nama ki
abakiriya bagana iyi hoteri,cyangwa bene yo.Ese birashoboka ko hoteri yabaho
ntamuntu n’umwe uyitereramo akabariro bigakunda.
Ese abatereramo akabariro bo bakwifata bate ngo
batabangamira banyiri amahoteri?
Ushobora no gukora subscribe kuro youtube channel yacu unyuze hano ukajya ubona video tubategurira kanda hano ukore subscribe
IZINDI NKURU WASOMA
1.Abagore 3 batawe muri yombi bazira gukoza isoni abashyitsi basuye Urwanda
2.Umumasayi yasize atekeye umutwe umukozi wa bank(loan officer) mbere yo kwerekeza mu mahanga.
3.Nyuma yo gusambanira kuri Aritari ya Saint-Michel,umusore n'inkumi barashakishwa
4.Uburyo ubumara bw'inzoka buvamo imiti ituvura indwara zikomeye
5.Amabuno ateye neza y’umwarimu kazi i Musanze,arigutuma abanyeshuri yigisha bifuza kuryamana nawe.
Ibindi biganiro wakurikira m'uburyo bw'amashusho
1.Kwipima inda,ukoresheje Isukari
2.Gupima inda ukoresheje korogati(Colgate)Birizewe nk'ibindi byose
3.Dore uko wakoresha umunyu ugapima ko utwite
Comments
Post a Comment