Umugabo wubatse yishe umukobwa yateye inda maze amushyingura kugasozi








Umugabo wubatse ufite abana batatu arashakishwa nyuma yokwica umukobwa yate inda,yarangiza akamushyingura ku gasozi.

Nyuma yaho umukobwa witwa Kamikazi Libreline amenyeye yuko atwite,yahise aburirwa irengero umuryango we ntiwongera kumubona.

Ibi byabaye nyuma yuko uyu mukobwa avuye kwamuganga kwipimisha maze bamubwira ko atwite.Amakuru akomeza avugako nyuma yaho uyu mukobwa amariye kumenya ko atwite hayise ajya kubibwira uwa muteye inda akaba ari umugabo wubatse ufite umugore n’abana .

Uyu mukobwa Kamikazi Libreline yaje kuburirwa irengero mu ijoro ryo kuwa kabiri tariki ya 16/11/2021.

Byaje gutungurana ubwo umurambo we waje kuboneka kugasozi ka Gacimbiri,Rubwirika,kagundu ho muri Bubanza mugihugu cy’Uburundi.Ibi byamenyekanye ari uko umurambo wuyu mukobwa wari umaze kwangirika maze isazi zikajya zituma aho yari yahambwe ku gasozi,kuko byasaga no kurenzaho agataka ubwo uwamwishe yamushyinguraga.









Abaturage bamaze kubona aya mahano biyambaje abakorerabushake ba Croix Rouge Burundi hamwe n’inzego z’umutekano,bajya kumukura aho yari yashyinguwe m’uburyo bwagashinyaguro,maze bamushyingura mucyubahiro.

Bitekerezwako urupfu rw’uyu mukobwa rwateguwe kandi rugashyirwa mubikorwa n’umugabo wubatse ufite abana batatu,kuko abantu bazi ko ari we wakundanaga nawe rwihishwa,bikaba bikekwa ko yaba ariwe wamyishe kugirango atazabazwa indezo y’umwana no kuba amwitaho nk’umuntu utwite.

Zimwe mumpamvu ziza ku isonga mugukecya uyu mugabo nuko bizwi ko yakundanaga nawe kandi nyuma yaho aya makuru amenyekaniye,uyu mugabo yahise atoroka maze aburirwa irengero ubu akaba ari gushakishwa n’inzego z’umutekano ngo ashyikirizwe ubutabera. 


IZINDI NKURU WASOMA

1.Abagore 3 batawe muri yombi bazira gukoza isoni abashyitsi basuye Urwanda

2.Umumasayi yasize atekeye umutwe umukozi wa bank(loan officer) mbere yo kwerekeza mu mahanga.

3.Nyuma yo gusambanira kuri Aritari ya Saint-Michel,umusore n'inkumi barashakishwa

4.Uburyo ubumara bw'inzoka buvamo imiti ituvura indwara zikomeye

5.Amabuno ateye neza y’umwarimu kazi i Musanze,arigutuma abanyeshuri yigisha bifuza kuryamana nawe.

KURIKIRA IBI BIGANIRO MUBURYO BWAMASHUSHO

1.Mugihe uri mumihango ujye ufata aya mafunguro

2.AMAFUNGURO 10 umugore utwite agomba kwirinda kurya

3.Gupima inda ukoresheje Korogati cg Isukari

4.Umutwe udakira uterwa niki?

5.Kurota wambaye ubusa 



 

  

Comments

Popular posts from this blog

Uburyo bwo kwivura imitsi yipfunditse ukoresheje tungurusumu,n'urunyanya

Impamvu enye nyamukuru zituma umuntu apfa ari mugikorwa cyo gutera akabariro

Umusore yakubiswe bikomeye nyuma yokwica umukunzi we akamuhamba muri geto ye