Uko ushobora kurangiza ikibazo cyo kugira intege nke muburiri ukoresheje Ipapayi

Kimwe mu bibazo by’ingenzi byibasira abagabo benshi ku isi muri iki gihe cya none ni ukugira intege nke muburiri(Mugihe cyo Gutera akabariro).

Ubushakashatsi bwerekana ko byibuze abagabo 3 ku 10 bahuye cg babana  niki kibazo cyo kubura akabaraga mugikorwa cyo kubaka urugo.

Niba nawe uri umwe muri aba bagabo batatu(3)bafite iki kibazo,iyi nkuru igiye kugufasha kuva kurutonde rwabo.

Muri iyi ngingo ngiye kubagezaho uburyo ushobora kwifasha kugirango wivure ikibazo cyo gusohora hakiri kare(vuba) aribyo byitwa Pre-Mature Ejaculation mundimi z’amahanga.

Uko uyu muti utegurwa hifashishijwe ipapayi(Igipapayi).

Ibyo tugiye gukoresha kuri uyu muti karemano ni imbuto z’igipapayi(pawpaw).

Ntabwo ngiye kuvuga cyane kubyiza igipapayi gifitiye ubuzima bwacu ubuzima bwacu kugirango ntatinda,ahubwo reka dusimbukire kungingo yacu.

 

·         Shaka Igipapayi cy’umwimerere.

·         Cyoze neza mumazi meza asukuye.

·         Nkuko cyakabaye cyose,gigatemo uduce duto duto.

·         Bishyire muri blender(Akuma gashya imboga n’imbuto hakavamo umutobe).

·         Bishye uko byakabaye ukurikiye ubushobozi bwa Blender yawe.

·         Udafite aka gakoresho ka Blender wakifashisha agasekuru gatoya ukagisekura.

·         None ho ubishoboye ruka rwaruvange rw’umutobe unwe akarahure kamwe buri munsi cg uwuyungurure unwe umutobe gusa.

Nyuma y’iminsi mike ukora bino bintu uzatangira kubona impinduka zishimishije.
























Comments

Popular posts from this blog

Uburyo bwo kwivura imitsi yipfunditse ukoresheje tungurusumu,n'urunyanya

Impamvu enye nyamukuru zituma umuntu apfa ari mugikorwa cyo gutera akabariro

Umusore yakubiswe bikomeye nyuma yokwica umukunzi we akamuhamba muri geto ye