INKA:Yakatiwe imyaka itatu y'igifungo muri gereza izira kwica umwana w'imyaka 12

Abategetsi ba Sudani y'Amajyepfo bemeje ko bafashe inka izira kwica umwana w'umuhungu  ufite imyaka 12.Polisi yavuze ko bafunze iy’inka hamwe na nyirayo nyuma yuko  yibasiye umwana wari uri hafi y'umurima uri ahitwa Lakes State.

Byavuzwe ko uyu mwana yahise apfa ubwo iyo nka yamusagariraga kubera ubukana bw'igitero yamugabyeho.

Umuvugizi wa polisi ya Sudani yepfo,Majoro Elijah Mabor yemeje ko inyamaswa "ifunzwe".

Yagize ati: "Ubu ikimasa gifungiye kuri sitasiyo ya polisi mu Ntara ya Rumbek."

Uyu mwana yajyanywe mu bitaro,nyuma bamujyana iwabo kugirango ashyingurwe mu cyubahiro."

Ukwezi gushize, nabwo impfizi y'intama yarafashwe ishinjwa kwica umukecuru w'imyaka 45 muri Sudani y'Amajyepfo.

Iy’inka yahise ikatirwa imyaka itatu y'igifungo muri gereza.Aho abantu bari kwibaza uzajya ayishakira ubwatsi ngo ayifungurire muri icyo gihe cyose kingana n’imyaka itatu igiye kumara ifunzwe. 




















Comments

Popular posts from this blog

Uburyo bwo kwivura imitsi yipfunditse ukoresheje tungurusumu,n'urunyanya

Impamvu enye nyamukuru zituma umuntu apfa ari mugikorwa cyo gutera akabariro

Umusore yakubiswe bikomeye nyuma yokwica umukunzi we akamuhamba muri geto ye