Gupima ko utwite ukoresheje isukari
Hariho uburyo bwinshi kandi bunyuranye bwo kuba wamenya ko wamaze gusama ukoresheje ibikoresho bitandukanye.Mubiganiro byacu bya banjirije iki,twavuze kuburyo wapima ko utwite ukoresheje umunyu ndetse tunagaruko kuburyo bwo gupima ko utwite ukoresheje umuti wokoza amenyo uzwi kwiza rya colgate. Mukiganiro cyacu cyuy’umunsi,tugiye none ho kurebera hamwe uburyo wamenya ko wasamye ukoresheje isukari.
Mubyumvikana rero ushobora gukoresha
ubu buryo bwo gupima ko utwite ukoresheje isukari byibuze hagati yiminsi 7 na
12 nyuma yo gukora imibonanompuza bitsina idakingiye.
Nkwibutsa ko niba udukurikiye utarakora subscribe kuri channel ya Ingando online wajya kuri iyo channel unyuze kuri aya magambo y’ubururu maze ugakora subscribe kugira ngo ujye ubasha kubona ibiganiro tugutegurira buri munsi. Nurangiza kugera kuri channel yacu urakanda ahantu handitse subscribe muri telephone yawe ,maze uhite ukanda kunzogera ibanza ifite utuziga 2 tuyizengurutse.Nubikora gutya nzajya nkoherereza ubutumwa bugufi bukumenyesha ko hari ikiganiro ndangije kubategurira.
Jya kuri channel ya Ingando online unyuze kuri ayo magambo y'ubururu(Kanda hano)
Reka noneno turebe ibikoresho ukwiye kuba ufite kugirango ubashe kumenya ko wasamye ukoresheje isukari.
Nkubundi buryo bwose bukorerwa murugo mu gupima ko utwite,uwipima agomba kuba afite ibi bikurikira:
- Agakombe gafite isuku[bikaba
byiza kabaye kabonerana]
- Akandi gakombe gasanzwe cg
ikindi gikoresho urifashisha mu gufata inkari.
- Ikindi ugomba kuba ufite ni
Isukari
Kurikira videwo ibigaragaza ukanze hano hano[Kumenya ko utwite ukoresheje isukari]
Reka noneho turebe uburyo wakwifashisha ibi bikoresho ukikorera ikizamini.
Nyuma yo kuba ufite ibi bikoresho
byombi:
1. Fata ikiyiko kimwe
cyuzuye isukari ugishyire muri kagakombe kareberana.
2. Fatara inkari za
mugitondo zako kanya muri cya gikombe kindi cg ikindi gikoresho gifite isuku
wateguye.
3. Suka zankari muri
kagakombe kareberana byibuze zigere mucya kabiri.
4. Tegereza iminota
mike kugirango ubashe kumenya igisubizo.
IKITONDERWA:NYUMA YO GUKORA IBI BINTU UTAVANGA CG NGO
UBICUGUSE.usuka inkari mu gikombe kirimo isukari ukabyihorera.
Reka tugere kuburyo
none ho umenya ko wamaze gusama.
Iyo umaze gusuka inkari zako kanya
mw’isukari ugatereka ukirinda kuvanga cg gucugusa nyuma y’akanya gato ubona
igisubizo.
Iyo isukari itivanze n’inkari ahubwo
ukabona yitekeye hasi mugikombe imeze nkiyagiye yibumbamo utuntu tumeze
nkutubumbe icyo gihe uba utwite.Nta ngano runaka wavuga utwo tubumbe tuba
dufite wenda ngo tuba ari tunini cg utubumbe dutoya,ikiriho nuko iyo utwite inkari zawe zitakwivanga n’isukari.
Ibi nabyo biterwa nuko wa musemburo
wa HCG iyo uri munkari kurugero ruri hejuru utajya wemera ko habaho kwivanga kw’inkari
ndetse n’ibindi binyabutabire biba bigize isukari.
Reka noneho turebe uburyo umenya ko utasamye.
Iyo wamaze gukora byabintu byose
twavuze haruguru ugasuka inkari zako kanya mu isukari ukabona birivanze nyuma yakanya runaka,icyo gihe umenya ko udatwite.Biba
bivuze ko munkari zawe nta musemburo wa HCG urimo bityo ibinyabutabire biba
bigize isukari bigatuma habaho kwivanga kw’isukari ndetse n’inkari.
Mwibuke ko Bisaba byibuze hagati y’iminsi 7 na 12
kugirango igi ryamaze guhura n’intanga ngabo ribe rimaze gufata mu mura.Iyo
byagenze bitya nibwo umubiri utangira kurekura umusemburo wa HCG (human chorionic gonadotropin).Uyu
musemburo urekurwa n’umubiri w’umugore cg umukobwa mugihe atwite gusa.
Mubyumvikana rero ushobora gukoresha ubu buryo bwo gupima
ko utwite ukoresheje isukari byibuze hagati y’iminsi 7 na 12 nyuma yo gukora
imibonano mpuza bitsina idakingiye.Uko iminsi igenda ishira ari myinshi nyuma yo
gusama,niko uyu musemburo ugenda wiyongera mu bwinshi. Bikaba rero birushaho
gutanga ibisubizo byanyabyo iyo wipimye hamaze gucaho iminsi igera kuri 12.
Kimwe n’ubundi buryo bwose bwo kwipima inda ukoresheje
ibintu byo murugo biba biri hafi yawe,abashakashatsi bavuga ko nubwo rimwe
narimwe bishobora kuguha ibisubizo byanyabyo ariko ko Atari uburyo bwo kwizerwa
umuntu yashikamiza ho umutima.
Abahanga m’ubuzima bw’imyororokere bavuga ko igohe cyose
umuntu acyetse ko yamaze gusama yajya yipima akoresheje ibikoresho byabugenewe
ndetse bikaba biri ku isoko,cg akagana ivuriro rimwegereye kugirango ahabwe
ubufasha bwisumbuyeho.
Ubu buryo rero umuntu yabwita uburyo bwo kwimara amatsiko.
Mwabiteguriwe na Ingando online channel ibagezaho ibisobanuro by’inzozi,ibyegeranyo bitandukanye n’izindi nkuru zigaruka k’ubuzima n’ikoranabuhanga.Uretse kuba mudusanga hano mwanadusanga kuri youtube muciye hano{kanda hano}mugakurikira ibiganiro tubategurira muburyo bw'amashusho.
Ushobora no kudusanga kuri page yacu ya facebook cg
ukatwandikira unyuze mu mwanya wagenewe comment.
Ibitekerezo byanyu tuzabisoma kandi tubasubize.
Mwakoze kudukurikira,ndabashimiye.
Ibindi biganiro mwakurikira m'uburyo bw'amashusho
1.Gukora imibonano mpuzabitsina uri mu mihango hari icyo bitwaye ?
2.NIDA yatangaje ibisabwa kubifuza guhinduza amafoto mabi ari kundangamuntu zabo
3.Niki,ibara ry'inkari wihagarika riba rivuze k'ubuzima bwawe ?
4.Indege yari yarazimiye imyaka 37 ishize, abari bayirimo bagarutse ari bazima!
Comments
Post a Comment