Posts

Showing posts from October, 2021

Abasore 5 baryamanye n'umugore w'umupfumu nyuma bisanga ntabugabo bagifite

Image
Abasore batanu babyutse bisanga ubugabo bwabo bwagiye bitewe n’umugabo bivugwako yabaroze abihimura ho bitewe nuko basambanyije umugore kandi yari yarababuriye ntibakumva, Mugihugu giherereye muri afurika y’iburengerazuba[Burkina faso],mugace kitwa Pissela haravugawa inkuru idasanzwe y’abasore batakaje ubugabo bwabo bitewe no kuryamana n’umugore w’abandi mubihe bigiye bitandukanye. Amakuru yatangajwe n’ibitangaza makuru byo muri icyo gihugu yavuzeko hari umugabo w’umuvuzi gakondo(Umupfumu) ufite umugore ukiri muto cyane kandi ufite uburanga budasanzwe kuko ari mwiza cyane.Bitewe n’ubwiza bw’uyu mugore we,yihanangirije abasore n’abagabo batuye muri ako gace ko batagomba guhirahira ngo baramuteretera umugore,kuko uzabigerageza azahura n’ibyago bikomeye. Nyuma yuko uyu muvuzi atangaje ibingibi,hari abasore bomuri ako gace ka Pissela byabaye nkaho ntacyo bibabwiye bisa n’aho ari ukuborosora ngo baterete uwo mugore.Nibwo umusore umwe yagiye akajya atereta uwo mugore baza kugera n’aho

Umusirikare yakubise abaganga bo kukigo nderabuzima barangaranye umugore we wari ugiye kubyara

Image
Iyi ni Ingando online mukurikiye. Uyu munsi tugiye kubagezaho inkuru idasanzwe y’umusirikare wakubitiye abaganga babiri mukigo nderabuzima nyuma yaho yobonaga ko ari guhabwa serivise mbi,we n’umugore we yari aherekeje agiye kubyara. Umusirikare imyirondoro ye yagizwe ibanga,yaherekeje umugore we kwa muganga ubwo yari agiye kubyarira ku kigo nderabuzima maze adahawe serivise nziza akubita ndetse anakomeretsa abaganga bamwakiriye. Amakuru agaragaza ko uyu musirikare yagize umujinya w’umuranduranzuzi ubwo umwe mubaganga bakorera mucyumba cy’ababyeyi baje kubyara yamubazaga imyenda y’umwana yazanye maze uyu musirikare amubwira ko ntayo yazanye. Uyu muganga yamusabye ko ajya hanze y’ikigo nderabuzima kuyigurirayo akayizana,maze uyu musirikare amubwirako ibyo bikorwa na Leta,aho yamubwiye ko Leta hari imyenda igenera abana bavukira kwamuganga,maze amusaba ko bafata muri iyo myenda bakayikoresha k’umwana we. Umuganga yamubwiye ko ibyo arimo kuvuga Atari byo kuko iyo serivise ntayo b

Ngibi ibintu abakene dukora,bigatuma tutagera k'ubukire nyabwo

Image
Iyi ni Ingando online. Uyu munsi tugiye kurebera hamwe ibintu abakene dukora bituma tutigera dukira kabone n’ubwo twaba   dutangiye kubona amafaranga twa kwifashisha,tugahindura ubuzima. Kurikira iki kiganiro m'uburyo bw'amashusho. Ntago ari incuro nyinshi uzumva umukire avuga kumugaragaro uburyo ari umukire kandi afite amafaranga menshi cyane,ahubwo icyo umukire aba ashyize imbere ni ugukora cyane ibikorwa bye bikivugira. Mubuzima tubayeho hari urwego rw’abantu bishimira kugura ikote ry’ibihumbi 20,ishati y’ibihumbi 10,ipantaro y’ibihumbi 15,inkweto z’ibihumbi 50 n’isaha y’ibihumbi 10 telephone y’ibihumbi 200 cg ibindi bintu birusha kure agaciro ibi tumaze kuvuga ariko nyuma yo kubigura ,ugasanga nta n’ibihumbi 10 basigaranye mu mufuka wabo. Kurundi ruhande ushobora kuhabona undi muntu wambaye imyenda isanzwe rwose igura nk’ibihumbi 10 kandi agakoresha ya terephone yagatushe itarengeje amafaranga ibihumbi cumi na bitanu! Nubwo biba bigaragara ko uyu muntu afite ibikore

Sobanukirwa:Impamvu zitera abantu bakuru kunyara kuburiri n'umuti ubivura

Image
Iyi ni Ingando online.Uyu munsi turarebera hamwe impamvu nyamukuru zishobora gutuma umuntu mukuru anyara kuburiri. Kunyara kuburiri ntago ari ingeso ahubwo bishobora kuba uburwayi.Kunyara ku buriri,n’igikorwa  cy’umubiri kidaturuka kubushake gituma uruhago rw’inkari rwifungura hanyuma inkari zigasohoka umuntu ntabushake abikoranye.Kuba byitwa gutya,nuko ari igikorwa gikunze kuba umuntu aryamye mugihe cya n’ijoro. Mundimi zamahanga kunyara kuburiri byitwa bed wetting cg nocturnal enuresis m’ururimi rw’abahanga m’ubuvuzi. KUNYARA KUBURIRI NTAGO BIBA KUBANA GUSA. Tumenyereye ko abana bakiri bato aribo bakuzwe kunyara ku buriri bagatangira kubireka mu myaka 5 ariko iki kibazo cyo kunyara ku buriri hari igihe kirenga ugasanga umuntu abaye mukuru akinyara ku buriri.Muri kikiganiro tugiye kubagezaho impamvu ziza kw’isonga zigatuma umuntu mukuru anyara kuburiri.UBUJYANAMA NUMUTI WAKORESHA MUKWIVURA. Kurikira iki kiganiro muburyo bw'amashusho Ubu burwayi bwo kunyara kuburiri bugaban

Urugendo intanga ngabo ikora igiye guhura n'intanga ngore

Image
Iyi ni Ingando online muteze amatwi. Uyu munsi tugiye kurebera hamwe urugendo rurerure kandi ruruhije intanga ngabo, icamo Kugirango ihure n’intanga ngore ;hanyuma habeho gusama. Ikaze muri ki kiganiro. Kurikira iki kiganiro muburyo bw'amashusho Ibi Byose tugiye kuvuga, bitangirira mugihe umuhungu amaze kuba ingimbi umukobwa nawe amaze kuba umwangavu. Mbere yuko umuhinzi arya ikigori,abanza kugitera kigakura kikazana indabo,indabo zamara kuza,hakabaho kubangurirana hagati y’ibigori ubwabyo cyangwa uko kubangurirana kugakorwa n’umuyaga,inyoni,umuntu ubwe, cg kugakorwa n’utundi dusimba dutandukanye tuguruka, cg ikindi kintu cyose gishobora gutwara umurama kiwukuye   hejuru kumutwe w’ikigori kikawujyana ku misatsi y’ikigori. Mugihe umuhinzi amaze kubona ko ibigori bye byahetse bikazana imisatsi n’umurama hejuru atangira kwitegura ko mu minsi irimbere azabona ibindi bigori. Ni nako bimeze kubantu. 1.Ibimenyetso bigaragara imbere cg inyuma bigaragaza ko umuhungu yatera inda,cg